Wednesday, February 5Impamba y'amakuru yizewe

Month: December 2024

Gukorera siporo mu rugo no kuyikorera muri “Gym” bitandukaniyehe?

Gukorera siporo mu rugo no kuyikorera muri “Gym” bitandukaniyehe?

Imikino
  Mugisha John inzobere mu gukoresha abantu siporo mu nzu zabugenewe (Gym) aremeza ko impamvu abantu benshi bahitamo kubagana ari uko iyo umuntu akorera siporo iwe mu rugo atabiha imbaraga cyane, ahubwo igifasha cyane ari ukuyikorera aho uri kumwe n’abandi. Ibi Mugisha yabitangarije ikinyamakuru impamba.com mu gihe yatangije urubuga rwa YouTube rwitwa “Mugisha Pace Fitness” aho yigisha abakunzi b’imikino siporo bakora bari mu ngo zabo mu gihe hari inzitizi zituma umuntu atajya muri "Gym". Ibi byatumye umunyamakuru amubaza niba icyo cyemezo cyo gutoza abantu gukora siporo binyuze kuri YouTube kitazatuma atakaza abakiliya. Mugisha yakomeje avuga ko siporo akoresha yifashishije ikoranabuhanga kuyikora bidasaba umwanya munini, yagize ati “aho uri mu rugo ushobora kuhakorera si...
Usanase yatawe muri yombi

Usanase yatawe muri yombi

Mu Rwanda
RIB yemeje ko yataye muri yombi umukobwa witwa Usanase Shalon uzwi  ku izina rya Jacky Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) ari we Dr. Murangira B.Thierry, yavuze ko akurikiranweho gukora ibikorwa by’ibiterasoni mu ruhame, no gutangaza amakuru y’urukozasoni hakoreshejwe mudasobwa, gutukana mu ruhame no gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina. Kugeza ubu Jacky afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Gikondo mu gihe agikorerwa dosiye ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Usanase yaheruka kugarahara ku mbuga nkoranyambaga avuga ibiteye isoni, anenga umugabo bari bagiye kubana nyuma yo kumwambika impeta ko ” atashobora inshingano zo mu buriri.” ndetse yasanze  nta mikoro afite nk'uko yabikekaga( abivugana ibitutsi). Dr. Murangira yavuze ko mu bihano Jacky...
The Finalists of the African Women in Art Award 2024 Announced!

The Finalists of the African Women in Art Award 2024 Announced!

Mu Mahanga
                                                                                                                                          01.12.2024 The African Women in Art Award (AWAA), a competition for women artists from Sub-Saharan African countries, has unveiled its list of finalists. This year, the theme of the competition, "Mother Africa," invited artists to explore and celebrate the essence of African identity, heritage, and the nurturing spirit of the continent through their creative works. The international jury selected artists who demonstrate a remarkable synthesis of creativity and innovation, reflecting the diverse cultural heritage and contemporary perspectives of African women. The finalists include both established masters and emerging artists from countries such as...
Kabanyana yemeza ko imiryango itari iya Leta ari ijisho rya Leta

Kabanyana yemeza ko imiryango itari iya Leta ari ijisho rya Leta

Ubuzima
Kabanyana Nooliet, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ihuriro ry’Imiryango igamije gukumira icyorezo cya SIDA no kurengera ubuzima (Rwanda NGOs Forum on HIV/AIDS and Health Promotion (RNGOF on HIV/AIDS & HP),aremeza ko mu gihe cy’ibyorezo ari bwo imiryango itari iya Leta (Société civile) ari bwo yakagombye kugaragaza uruhare rwayo mu kunganira Leta. Uruhare rwa NGOs Forum on HIV/AIDS and Health Promotion (RNGOF on HIV/AIDS & HP) n'indi miryango bakorana mu kurengera ubuzima bw'Abanyarwanda rurazwi. Urugero ni uburyo mu gihe cya COVID-19 bitaye ku bantu baba mu buzima bwihariye (key population). Nk'imiryango itari iya Leta ikaba ibitaho nk'abantu rimwe na rimwe bahabwa akato na bamwe mu bagize sosiyete Nyarwanda. Iyo havuzwe iki cyiciro humvikana: Abakora umwuga w’uburaya, abana b’...